umunsi umwe murugo rwumugabo bajyaga gusengera ibiryo bagiye kurya umukuru wumuryango agatangira gusenga akabwira famille ngo muhume dusenge nuko agatangira ati<mana uhe umugisha ibi biryo ubwo hakaba ari mumwijima umwana umwe akaba akoze mu isiniya wamugabo wasenga ga ati gahinja wambwawe ko ubimaze?
0 comments:
Post a Comment